Muri iyi minsi mikuru isoza umwaka, hirya no hino ku Isi imiryango iyizihiza mu buryo butandukanye, buri wese akora uko ashoboye kugirango iyo minsi mikuru igende neza, kuri uyu munsi w’ Ubunani, hari abasohotse bajya mu tubari no mu buriro, hari n’abatekeye mu rugo basangira n’imiryango yabo.

Kuri uyu uyu munsi w’ubunani twizihizaho itangira ry’umwaka (01 Mutarama 2018), abantu bamwe na bamwe bawizihije bafata amafunguro atandukanye nk’uko bigaragara muri mafoto akurikira twashoboye kubakusanyiriza.

Tutibagiwe n’abatashoboye kubona ifunguro cyangwa icyo aricyo cyose bashyira munda kuri uyu munsi buri wese yakagombye kwishimira.