Ubwiza bwa Angelina Jolie , ugikomeje kuvugisha benshi ,uyu munyamerikakazi wamenyereweho gukina amafilime, kwerekana imideli ndetse no kuririmba, kuri ubu birikuvugwa ko ashobora kuba yaza mu bagore icumi beza kw’Isi nubwo rwose akuze.
Angelina mu myaka yo hambere niwe wabaga uyuboye urutonde rw’abakobwa beza barangwa kw’Isi yarurema, dore ko bitewe n’ibikorwa bye byinshi yigaragazagamo byatumaga abantu bakomeza kuvuga ko ari mwiza ku buryo buhebuje.
Ikinyamakuru gikorera New York muri Leta Zunze za Amerika cyavuze ko ubwiza bwa Angelina Jolie bwatuma akibasha kuba yahatana mu n’abakobwa bakiri bato mu kurangwa n’ubwiza buhebuje ngo nuko ageze mu myaka y’ubukure.
Dore amafoto yerekana uburanga bwe