Burya abagabo n’abasore bakunda bitandukanye mu mibereho yabo, ariko noneho hari impamvu yihariye ituma abagabo b’abasore iyo babonye abakobwa cyangwa abagore bafite ibibuno binini bacyebuka.
Burya mu buzima bwa muntu habamo umwihariko w’uburyo aremyemo kandi ugasanga ntacyo wahinduraho, bityo no mu mpamvu zitera abagabo n’abasore gukunda abagore n’abakobwa bafite ibibuno binini ni uko bamwe na bamwe ari uko baremye.
Uyu munsi rero ikinyamakuru Touch Rwanda.com twabateguriye impamvu zitera abagabo gukunda abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini.
1. Biryoshya imibonano mpuzabitsina
Iyo rero abagabo cyangwa abasore babonye abakobwa n’abagore bafite ibibuno binini barishima cyane kuko biborohereza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ndetse ngo birabaryohera cyane, ari na bwo usanga bavuga ngo aremetse nk’igisabo.
2. Abafite ikibuno kinini bakunze kuba abanyabwenge
Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza nkuru y’abongereza yitwa Oxford bwagaragaje ko abagore n’abakobwa baba ari abanyabwenge cyane mu ishuri ndetse no mu buzima busanzwe kurusha bamwe bafite amabuno mato.
3. Bigaragaza umugore ufite ubuzima bwiza
Burya ngo umugore cyangwa umukobwa ufite ikibuno kinini ngo bigaragaza ko nta kibazo cy’ubuzima afite, ndetse ngo abateye gutyo baba bafite ububasha bwo kwirinda indwara nyishi zitandukanye mu buzima bwabo bwa buri munsi.
4. Ikibuno kinini ni ikimenyetso kiranga abagore
Burya abagore cyangwa igitsina gore muri Rusange barangwa no kugira ikibuno kinini kuko burya ari cyo gitandukanya umugabo n’umugore kandi ugasanga bigarara nk’umugore ufatika wambara akaberwa.
[…] ukunda umugore by’ ukuri, igitekerezo umugore we amuhaye agiha agaciro. Muri kamere y’ umugabo, akora ibintu uko abyumva, ariko iyo akunda umugore atamuryarya, ntabwo ajya akora ikintu na kimwe atamugishije inama, […]