Umukobwa witwa Liza Brito yibasiye Neymar ukinira PSG avuga ko basambaniye I Paris mu rwego rwo kumenyekanisha ko babonanye imbona nkubone.
Liza w’imyaka 20 y’amavuko ahamya ko yanze gusuzugura iki kirangirire mu mupira w’amaguru Neymar Jr ubu ukinira ikipe ya Paris saint Germain iherere mu mujyi w’Ubufaransa i Paris. Uburyo bahuye Liza akomeza avugako we yabonye umusore w’agatanga aje kumureba ngo aramubwira ko Neymar amushaka , ubwo Liza yumva ni ishema aremera baragenda muri Hotel.
Yagize ati” ubundi njyewe nari kumwe n’inshuti zanjye i Paris hanyuma umwe mu nshuti za Neymar aza kutureba atubwira ko twahura tugasangira, naremeye pe ntakibazo ,nararanye nawe ijoro ryose burinda bucya .Twarishimanye ijoro ryose birandenga.”
Uyu mukobwa yibasiye Neymar avuga ko yararanye na Neymar mu ijoro ryo kuwa 21 Gashyantare uyu mwaka nyuma yo gusangirira hamwe muri Hoteli y’I Paris.Liza Brito yavuze ko yakunze cyane Neymar Jr ndetse yifuza ko bakongera guhura bakongera kugirana ibihe byiza nubwo we yamwirengagije ntanamukurikirane kuri
Instagram.
IYUMVIRE UBURYO BUTANGAJE BAMWE BASUBIZAMO IBIBAZO BY’UBUSA BUSA-Ntiwibagirwe GUKORA SUBSCRIBE: