Breaking News: Cristiano Ronaldo n’umwana we bari I Kigali(AMAFOTO)
Umukinnyi ukomeye ku Isi muri Ruhago, Cristiano Ronaldo yaje mu mujyi wa Kigali azanye n’umwana we w’imfura, aho bamazara iminsi igera kuri ine(4) batembera hirya no hino...
Ese kugira igitsina kinini ku bagore bigira aho bihurira n’umubyibuho?
Abantu benshi biganjemo abasore bakunda kuvuga ko abakobwa batabyibushye bakunze kugira igitsina kinini, ndetse n’ababyibyibushye bakagira igistina gito, ubushakashatsi bwo bugaragaza ko bitari rusange ngo ingano y’umukobwa...
Menya ibice 2 by’ingenzi by’igitsina cy’umugore wakoraho akarangiza vuba
Imibonano mpuzabitsina ni ngomba kandi ni ingenzi mu kubaka urugo ndetse no kwagura umuryango, igikorwa gishimisha impande zombi cyane iyo gikoranwe ubuhanga umugore akarangiza vuba.
Iki gikorwa hagati...
Amashusho ya Butera yambaye Ubusa buri buri akomeje guca ibintu
Umuhanzikazi Butera yashyize hanze amashusho amugaragaza yambaye ubusa buri buri, yisize amarangi ku bice bimwe na bimwe by’umubiri we mu rwego rwo kwanga kwiyandarika wese.
Butera Ariana Grande...
Amafoto ya Anita Pendo yambaye Bikini ntavugwaho rumwe
Anita Pendo, umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba ukomeye mu gihugu cy’u Rwanda yagaragaye mu mwambaro wa Bikini maze benshi baravugishwa.
Anitha Pendo witeura kubyara umwana mu minsi iri imbere, ari...
UN Report 2019: Irasaba abakobwa n’abagore bubatse gutekereza kabiri mbere yo gufata nabi buri...
Raporo nshya yakozwe na UN muri uyu mwaka wa 2019 ,irasaba abakobwa n’abagore bubatse gutekereza kabiri mbere yo gufata nabi buri mugabo wese kuko bigaragara ko abagabo...
Urutonde rw’abahanzi nyarwanda biyoroshya imbere y’abakunzi babo
Bamwe mu bahanzi nyarwanda usanga bakunzwe n’imbaga y’abantu benshi bitewe nuko mu buzima bwabo barangwa no gucisha make, biyoroshya imbere y'abakunzi babo
Touchrwanda twaganiriye n’abaturage bakunda Muzika nyarwanda...
Abantu 5 bamamaye mu Rwanda mu nzira zidafututse
Ni kenshi uzasanga imbaga y’abantu nyamwinshi izi izina ry’umuntu runaka gusa nabo ubwabo ugasanga bibaza uburyo bamumenye bikayoberana, ugasanga bamamaye mu Rwanda mu nzira zidafututse.
Hariho abantu usanga...
Irebere amafoto ya Mimi Mirage, umunyarwandakazi ufite imiterere idasanzwe
Mimi Mirage n’umunyarwandakazi w’umunyamideli wabigize umwuga, umaze kubaka Izina rikomeye I Burayi, ndetse afite n’amaduka anyuranye acuruza imyambaro igezweho.
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
(adsbygoogle = window.adsbygoogle ||...
Ibi bintu ubikora uzi ko ntacyo bivuze ariko biguhesha agaciro mu bantu.
Burya aho tugenda mu buzima bwa buri munsi hari ibintu tugenda dukora bikaba mu gihe gito cyane ku buryo ubikoze we atamenya ko yanabikoze, ibi rero nibyo...
Imiterere ya Nadege ukina filimi nyarwanda yacumuje benshi-AMAFOTO
Abakobwa bakina filimi nyarwanda bari mu byamamarekazi bifite imiterere ivugisha benshi, ndetse bayikoresha mu buryo bwo gukurura igitsina gabo muri filimi bakina.
Aba bakobwa usanga badatinya kwereka isi...
Umugeni yatunguwe n’ubunini bw’igitsina cy’umugabo we yanga ko bakora imibonano mpuzabitsina [AMAFOTO]
Muri Afurika y’Epfo nyuma yo gushaka umugabo akiri isugi, umugeni yatunguwe maze akomeretsa umugabo we bari bamaze gukora ubukwe nyuma yo kubona igitsina cye kikamuhahamura, ukwezi kwa...
Esther, umukobwa ushaka umukunzi
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
(adsbygoogle = window.adsbygoogle || ).push({});
Esther, umukobwa w'imyaka 20 arifuza umukunzi ufite gahunda yo kumwitaho, kumukundwakaza, akamuha urukundo nyakuri, akamwibagiza abandi bahungu bose...
Dore ibibazo 7 wagombye kubaza umukunzi wawe niba wifuza ko mwazabana
Ni byiza kandi ni ingirakamaro ko wowe n’uwo mukundana mumenyana byimazeyo kandi mugomba kubwirana buri kimwe nta rwihishiro cyangwa ngo mutinyane, niyo mpamvu wakagombye kubaza umukunzi wawe...
Ihere ijisho amwe mu mafoto yaranze ibirori by’ubukwe bwa Ange Kagame n’umukunzi we Bertrand...
Tariki ya 8 Nyakanga 2019, Ange Ingabire Kagame, ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, yashyingiranywe akaramata na Bertrand Ndengeyingoma mu birori by’imbonekarimwe byari bibereye ijisho.
Gusezerana...
Amafoto utigeze ubona y’ubukwe bwa Papy ukina muri APR FC n’umukunzi we Housnat Sultan
Tariki 20 Gicurasi 2017, Sibomana Patrick uzwi nka Papy ukina muri APR FC n’ikipe y’igihugu(Amavubi) yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwase Housnat Sultan bamaranye imyaka irenga itanu bakundana.
Aba...
Miss Sonia Rolland yashyize hanze ifoto yambaye ubusa maze benshi baravugishwa
Umunyarwandakazi w’uburanga buhebuje, Miss Sonia Rolland Uwitonze wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu mwaka wa 2000 yashyize hanze ifoto yatumye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bacika ururondogoro.
Sonia Rolland ni...
Amafoto 15 agaragaza imiterere y’umukobwa wacumuje benshi mu gitaramo cya Harmonize
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu Tariki ya 24 Werurwe 2018, Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania, Harmonize yakoreye igitaramo cy’Uburyohe mu mahema ya Camp Kigali, kikaba cyitabiriwe...
Diamond yatunguye benshi kubera amagambo yabwiye Zari
Diamond nyuma yo kutumvikana n'umugore we Zari, kubera amafoto yafotowe ari kumwe n'undi mugabo bari mumazi yagize icyo abwira umugore we Zari.
Nyuma y'amakimbirane hagati ya Zari na...
Dore amafoto y’abakinnyi 15 b’ ikinamico urunana mu myaka ya kera [AMAFOTO]
Ikinamico urunana ni imwe mu mikino y’amakinamico akunzwe cyane hano mu Rwanda ndetse no mubihugu byo mubiyaga bigari, uyu mukino abenshi bemezako bakuramo inyigisho zubaka benshi mubuzima...