Irambona Gisa Eric yakoze ubukwe bw’akataraboneka [AMAFOTO]
Myugariro w’ibumoso mu Ikipe ya Rayon Sports, Irambona Gisa Eric, yasezeranye kubana akaramata na Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019.
Irambona Gisa Eric...
Migi yavuze Impamvu adashobora Gukinira Rayon Sport uko byagenda kose
Umukinnyi ukomeye mu Rwanda, Mugiraneza Jean Baptiste yatangaje ko adashobora gukinira ikipe ya Rayon Sport uko byagenda kose, ndetse anavuga impamvu nyayo ituma adatekereza kujya muri iyi...
Rugimbana Theo yagize icyo abwira Rutamu wamusize mu kazi
Umunyamakuru Rugimbana Theogene yageneye ubutumwa Rutamu Elie Joe bakoranaga kuri Radio 1 wamaze gusezera burundu muri aka kazi, akerekeza hanze y’igihugu.
Ubwo mu burusiya haberaga imikino y’igikombe cy’Isi,...
Irebere bamwe mu byamamare muri Ruhago babyaye abakobwa b’uburanga buhebuje (AMAFOTO)
Bamwe mu byamamare, abakinnyi bakanyujijeho, abatoza, abaherwe b’amakipe n’abandi bantu bafite aho bahuriye n’imikino usanga baragiye bashakana n’abagore beza bikaba intandaro yo kubyara abana bafite uburanga bwihariye.
Abana...
Dore urutonde rugaragaza uko amakipe arutanwa mu guhenda i Burayi [ REBA HANO]
Real Madrid ubu ni yo kipe ihenze ya mbere ku mugabane w’i Burayi ikuyeho Manchester United yari ihamaze igihe.
Inkuru duekesha urubuga rwa BBC yavuze ko ikipe yanReal...
Cristiano yerekanye Ferrari nshya arimo kugenderamo abantu barumirwa
Umukinnyi w’icyamamare ku isi muri ruhago, Cristiano Ronaldo yeretse isi yose imodoka ye nshya nshya yo mu bwoko bwa Ferrari F12 TDF maze abantu benshi bacika ururondogoro.
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
...
Irebere Pierrot n’umukunzi we mu buryohe bw’urukundo mu bihe bitandukanye-Amafoto
Irebere amafoto ya Kwizera Pierrot umukinnyi ukinira ikipe ya Rayon Sports ndetse n'ikipe y'igihugu y'u Burundi n'umukunzi we Chris Nicky Nduwimana mu buryohe bw'urukundo mu bihe bitandukanye.
Umukinnyi...
Jena Frumes, umukunzi w’umukinnyi Jesse Lingard yashyize hanze amafoto yambaye ubusa
Rutahizamu w'ikipe ya Manchester United Jesse Lingard ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru nyuma y’uko umukunzi we Jena Frumes ashyize hanze amafoto ye yerekana ubwambure bwe.
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
...
Mbonabucya Desire yibasiye perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle agira ibyo amwibutsa
Nyuma yaho ikipe y'igihugu Amavubi akuriye intsinzi muri Ethiopia umuyobozi wa Ferwafa agatangaza amagambo atashimishije bamwe mu bakunzi ba ruhago hano mu Rwanda Mbonabucya Desire yagize icyo...
Mu mafoto, irebere abakobwa bakina Ruhago beza cyane ku isi
Umukino wa Ruhago ni umwe mu mikino ikinwa n’abantu b’ingeri zose, ndetse n’abakobwa batangiye kumenya agaciro kawo bituma babigira akazi kabo ka buri munsi, harimo n' abakobwa...
CHAN 2018: Amavubi arakina umukino na Libiya bahatanira kujya muri ¼
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi irakina umukino wa nyuma wo mu matsinda uyu munsi, aho ikina na Libiya bahatanira umwanya wo kujya muri ¼.
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
...
Eric Bailly ukinira Manchetser United ari mu Rwanda – AMAFOTO
Umukinnyi Eric Bailly ukinira ikipe ya Manchester United yo mu bwongereza yaraye I Kigali aho yaje mu myiteguro y’umukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Africa.
Eric Bailly w’imyaka 24...
Yannick Mukunzi arifuzwa n’amakipe atatu muri Suède
Yannick Mukunzi usanzwe akinira ikipe ya Rayon Sports n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, akomeje igeragezwa muri Sandvikens IF yo muri Suède ariko akaba ari kurwanirwa n’amakipe atatu arimo abiri...
Umunyamakuru Kwizigira Jean Claude agiye kurushinga
Kwizigira Jean Claude, umwe mu banyamakuru bakomeye mu kwogeza imikino yo mu Rwanda no hanze yarwo aritegura kurushinga n’umukunzi we Clarisse.
Kwizigira Jean Claude n’umunyamakuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru,...
Irebere amafoto y’umukobwa uri mu rukundo rw’ibanga na Kevin Muhire
Urukundo rwa Kevin Muhire n'uyu mukobwa w'uburanga rumaze imyaka igera muri 4 ariko aba bombi bakaba barahisemo kuruhisha amaso ya rubanda.
Kevin Muhire, umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe...
Feassa: Abakinnyi ntibasinzira kubera kuribwa n’ibiheri
Amarushanwa y'imikino ya FEASSA amaze iminsi abera mu Rwanda mu karere ka Musanze guhera ku i Tariki ya 13 Kanama 2018 irarimbanije.
Iyi mikino irikubera mu karere ka...
Bamwe mu byamamare bitabiriye Ubukwe bw’Umunyamakuru Jean Claude Kwizigira – AMAFOTO
Kuwa Gatandatu Tariki ya 21 Nyakanga 2018, Umunyamakuru w’Imikino kuri Radio na Televiziyo y’igihugu {RBA}, Jean Claude Kwizigira yarushinganye n’umukunzi we Umubyeyi Clarisse bamaze imyaka myinshi bakundana.
Imihango...
Irebere ukuntu Cristiano Ronaldo yashukishije Amal Saber imbwa kugeza baryamanye
Amal Saber, umunyamidelikazi w'imyaka 28 y'amavuko ukomoka muri Morocco, akaba afite umwana, yatangaje ko ubwo yahuraga na Cristiano Ronaldo, yamusabye ko bajyana akamwereka imbwa ze, bagera iwe bikarangira baryamanye ndetse...
Urutonde rw’abakinnyi bafite ubwanwa buteye ubwoba
Bitewe n’ibyiyumvo by’umuntu, hari igihe usanga yarateretse ikintu runaka ku mubiri we bitewe n’urukundo rudasanzwe aba agikunda.
Hariho abo usanga barateretse umusatsi mwinshi, Inzara ndende, Ubwanwa byinshi bitewe...
Ismaila Diarra ukinira Rayon Sports yakoze impanuka (AMAFOTO)
Rutahizamu w’Umunya-Mali, Ismaila Diarra usanzwe akinira ikipe ya Rayon Sports yakoze impanuka ubwo yavaga gukina umukino wabahuje n’ikipe ya Mamelodi Sundowns yo muri Africa y’epfo.
//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js
...