Itegure izi ngaruka niba ukunda cyane gukora imibonano mpuzabitsina
Benshi bahamya ko gutera akabariro ari igikorwa gitera ibyishimo gusa nubwo bimeze uko ntibibuza ko hari izi ngaruka bitera buri wese yakwitondera.
Izi akaba ari zimwe mu ngaruka...
Dore ibintu 4 byafasha abagabo kongera amasohoro ndetse n’intanga ngabo-REBA HANO
Kugira amasohoro menshi ndetse n’intanga ngabo ni kimwe mu bimenyetso byerekana ko umugabo afite imisemburo ya kigabo ihagije ndetse n’ubushobozi bwo gutera inda bidasubirwaho. Hari byinshi bibangamira...
Mugabo niba ufata izi mbuto 3 bizagufasha kutarangiza vuba mu mibonano mpuzabitsina
Kenshi na kenshi uzasanga abakobwa cyangwa abagore binubira abakunzi/abagabo babo, ndetse bikaba byatuma batekereza kubaca inyuma kubera batazi ibyabafasha kutarangiza vuba mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina.
Ku mpamvu yihe?...
Abagabo bafite ibitsina bigoramye ngo bafite ibyago byinshi birimo uburwayi budakira
Abagabo kugira ibitsina bigoramye aribyo bita Peyronie, ni indwara ifata igitsina cy’umugabo, aho usanga cyaragoramye ku buryo bukabije, ndetse bikaba rimwe na rimwe byamukururira n’izindi ngaruka mbi...
Dore ibiribwa byafasha umugore kugira ububobere mu gitsina-REBA HANO
Ikibazo cyo kutagira ububobere mu gitsina ku bagore bamwe gikomeje kuvugisha abantu amagambo menshi aho usanga bamwe bibaza icyo bakora kugira ngo bahangane n’iki kibazo ndetse abandi...
Dore ibibi byo gukoresha ururimi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina [Sobanukirwa]
Hari uburyo butandukanye bukoreshwa mu gukora imibonanano mpuzabitsina, gukoresha ururimi, haba ku mugabo n’umugore cyangwa abahuje ibitsina, cyangwa uburyo bwo kwitegura mbere yayo.
Muri bwo buryo rero, gukoresha...
Ese koko Igitoki ni inyoroshyamabuno nkuko bamwe babivuga ? [Sobanukirwa ]
Igitoki kiboneka mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, kigira uruhare mu kurwanya indwara zitandukanye, no kuzivura kinagira uruhare mu kugabanya ibinure mu mubiri.
Amakuru dukesha urubuga rwa NotreMonde...
Dore zimwe mu mpamvu zituma bamwe mu bagore bamera ubwanwa [Sobanukirwa]
Ushobora kuba warabonye umugore ufite ubwanwa cyangwa se imphwemphwe ndetse nawe ushobora kuba uri umwe muri bo. Igitera abagore kumera ubwanwa ni icyo twakwita indwara , gusa...
kuki Hari abantu b’igitsina gabo bagira amabere ameze nk’ay’abagore? [Sobanukirwa]
Ikibazo: Ni izihe mpamvu zishobora gutuma umuntu w’igitsina gabo agira amabere?
Igisubizo: ubusanzwe abagore bagira umusemburo witwa Estrogene ari nawo utuma bagira imiterere y’umubiri yihariye urugero nko kuzana...
Ese waruziko imiterere y’ikirenge cyawe ishobora kuguhishurira imico yawe ? [REBA HANO]
Nk’uko tubikesha ubushakashatsi bw’urubuga www.herbeauty.co muri article yacyo yitwa herbeauty.co/lifestyle/batwereka uburyo bugera mu 9 bw’imitere y’ibirenge by’umuntu (foot shapes)ubwo buryo bukaba bunajyanye n’imitere y’abantu itandukanye nk’uko nabo bagiye bafite...
Dore uburyo wakoresha niba ushaka kugabanya inda nini
Usibye kuba muriyi minsi abahungu ndetse n'abagabo benshi badahwema kwerekana ko bikundira abakobwa bato kandi b'ibiro bike kandi abakobwa bo bakaba bamwe bisanga bafite ubunini budasanzwe hari...
Waruziko Tangawizi ifitiye akamaro kanini ku buzima bwawe [Sobanukirwa]
Birashoboka ko kuva uvutse waba utarakoresha tangawizi cyangwa ukaba uyikoresha gake cyane, hari nubwo waba uyikoresha ariko ukaba upfa kubikora utazi akamaro bifitiye umubiri wawe.
Biranashoboka ko waba...
Iwacu Management System igiye gutanga amahugurwa n’akazi [INKURU IRAMBUYE]
Ubuyobozi bwa KIAC LAB ibinyujije mu mushinga witwa "Iwacu Management System" batangaje ko bagiye gutanga amahugurwa n’akazi ku bantu bose babyifuza mu gihe bujuje ibisabwa aho biteganyijwe...
Basore dore akamaro ko kwisiramuza [Sobanukirwa]
Ni kenshi abantu usanga bibaza byinshi kugikorwa cyo kwisiramuza cyangwa gukebwa. Muri iyi nkuru tugiye kubavira imuzi byinshi kugikorwa cyo kwisiramuza.
Kwisiramuza ni iki?
Kwisiramuza cyangwa gukebwa ni...
Dore utuntu 12 dutangaje utari uzi kandi dufite icyo tumaze ku buzima bwacu bwa...
Nyamara hari ibindi bintu binyuranye ushobora gusanga utari uzi kandi bifitiye akamaro kanini ubuzima bwacu.
Mu buzima usanga buri wese aharanira kubaho ubuzima bwiza ndetse buzira indwara.
Usanga hari...
Ese kuba D’Amour anywa inzoga nyinshi n’ itabi niyaba ariyo ntandaro ye yo kurwara...
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru atandukanye avuga ko D’Amour yatekeye umutwe abanyarwanda ko arwaye kandi yigiza nkana ahubwo ko yarafite intego yo kubashakamo amafaranga agamije...
Dore bimwe mu bintu utazi ku ndwara yo kwibagirwa [SOBANUKIRWA BYINSHI]
Muri iki gihe abantu benshi bibasiwe n’indwara yo kwibagirwa, aho usanga hari abatibuka aho bashyize ibikoresho, abandi bakibagirwa gahunda bafitanye n’abandi, ibyo bavuze n’ibindi, nyamara ugasanga nta...
Ese waruziko kwisiga umunyu wa Gikukuri wongerera abantu ubwiza? [REBA HANO]
Ubusanzwe umunyu tuwuzi ku bushobozi bwo kuryoshya ibiryo no kurinda ibiribwa bizamara igihe kirekire, ariko burya umunyu wa Gikukuri ni igitangaza ku buzima bw’umuntu ndetse urihariye kubijyanye...
Abanywa itabi bafite ibyago byinshi byo kurwara indwara zo mu kanwa
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kwita ku bubzima bwo mu kanwa mu Rwanda hibukijwe ko abanywa itabi bafite ibyago byinshi bishobora kwikuba inshuro 100 byo kurwara indwara...
Icyo ukwiye kumenya ku ndwara y’Ishinya (Gum Disease)
Uburwayi bw’ishinya (gum disease) ni imwe mu ndwara zo mu kanwa ihangayikishije u Rwanda n’isi yose muri rusange. Birakwiye ko abantu bakwiye kugira umuco mwiza wo kwita...