Ghana: Police yahagurukiye Abagore bangira abagabo babo gutera akabariro
Polisi yo mu gihugu cya Ghana yihanije abagore bangira abagabo babo gutera akabariro,ivuga ko umugore uzajya afatwa yakoze iki cyaha ndetse kikamuhama azajya afungwa cyangwa agacibwa amande...
Ibibazo umusore ashobora kubaza umukobwa bigatuma ahita yifuza ko baryamana [Reba Hano]
Hari amayeri menshi akoreshwa n’abagabo cyangwa abasore bakaba babasha kuganza ibyiyumviro by’abakunzi babo bifashishije kubaza ibibazo bisa n’ibirimo imitego n’amafiyeri umukobwa cyangwa umugore atapfa gutahura bikarangira yifuza...
Ibyabaye ku mugore uvugwa muri iyi nkuru bikwiye kubera isomo abakundana [REBA HANO]
Hari umugore wari ufite umugabo wakundaga gutaha yasinze akamukubita cyane, iteka uko atashye agataha yasinze maze intonganya mu rugo zikaba zose. Ni uko umugore bigera aho biramurenga,...
Dore amabanga 3 udashobora kubwirwa n’umukobwa mukundana [ REBA HANO ]
Ni kenshi bivugwa ko abagabo cyangwa se ab’igitsina gabo aribo bantu badakunze kuvuga ibiberekeyeho gusa burya n’abagore bagira amabanga akomeye kuri bimwe mu bibaranga ndetse n’ibyiyumviro byabo...
Dore ibyo abashakanye bakwiye kwirinda mu mubano wabo wa buri munsi
Mu mibanire myiza ya buri munsi, hari ibyo abashakanye bakwiye kwirinda, bakamenya kwitanaho ku buryo buri umwe yumva anyuzwe n'uko mugenzi we amwitayeho nta gushidikanya kandi ntawe...
Irebere uburyo wateramo umugore wawe akabariro neza akazinukwa kuguca inyuma
Mu gihe muri iyi minsi hadutse umuco utari mwiza kw'isi hose wo gucana inyuma ku bashakanye cyangwa abakunda kubera irari ry'umubiri ndetse n'ibintu mu rubyiruko Touchrwanda yakusanyije...
Uburyo 3 wahagarika umukobwa kukwaka amafaranga cyangwa ibintu kandi agakomeza kugukunda cyane
Niba ukundanda n'umukobwa akaba akunze kukwaka amafaranga cyangwa ibintu by'agaciro, hari uburyo wabihagarika kandi mugakomeza gukundana ndetse akaba yanarushaho kugukunda.
Uko wabyitwaramo rero biroroshye cyane. Umukobwa mukundana niba...
Ubutumwa bugufi wakohereza umukunzi wawe bukamushimisha cyane
Mu rukundo, kwereka umukunzi wawe ko umukunda, kumushimisha si ukuba muri kumwe gusa cyangwa kumuha ibintu bimushimisha, amagambo wamubwira n' ubutumwa bugufi wamwandikire bifite uruhare rukomeye cyane....
Menya impamvu ishobora gutuma umugore wawe akuzinukwa
Menya impamvu 6 ishobora gutuma umugore wawe akuzinukwa cyangwa atagishishikajwe no gukorana imibonano mpuzabitsina nawe.
Biroroshye gufata umwanzuro ko umugore wawe atakigushaka, nyamara utazi impamvu. Ni byiza ko...
Naciye inyuma umukunzi wanjye bantera inda none nabuze aho nyerekeza, mbigenze nte?
Nyuma y’uko umukobwa yendaga kurushinga yaguye mu ikosa ryo guca inyuma umukunzi we atwara inda, none yabuze uko abigenza, akeneye ko mwamugira inama.
Yatwandikiye agira ati "Ndabasuhuje, ndi...
Filimi z’ urukozasoni zishobora kuba intandaro yo gutandukana kw’ abakundana [Reba Hano]
Abenshi mu barushinze bakunze kwibeshya ko kureba filimi z’ urukozasoni ari byiza kubera zibafasha kuba bagira ubushake, nyamara burya ngo zishobora kwangiza umubano w’abarushinze bigatuma umwe atishimira...
Ibibazo 4 ugomba kwibaza mbere yuko uca inyuma uwo mwashakanye
Guca inyuma uwo mwakundanye ni ibintu byoroshye, mu gihe kuremamo icyizere uwo mwakundanye bigorana. Icyo ugomba kwibaza mbere, n'ingorane byakuzanira nyuma umukunzi wawe aramutse abimenye.
Guca inyuma uwo...
Dore ibintu 6 buri musore agomba kugenderaho mbere yo gusoma umukobwa bahuye bwa mbere
Umusore wakunze umukobwa yumva ko bahuje urugwiro, ashaka ko basomana ibintu byinshi bihita bijya mu bwonko bwe mbere yuko agiye kugerageza gusoma umukobwa bwa mbere
muri icyo gihe,...
Nubona ibi bimenyetso, ntuzashidikanye ko umukobwa agukunda
Abasore benshi bakunda kwibaza koko niba abakobwa bakundana babafitiye urukundo rwa nyarwo rutarimo uburyarya, gusa benshi birabagora kubimenya bitewe nuko batazi ibi bimenyetso byerekana umukobwa ugukunda by’ukuri.
Umukobwa...
Niba ukora ibi bintu uhite wemera ko uri umunyabwenge
Mu busanzwe buri muntu wese ni umunyabwenge kuko buri muntu wese avukana ubwenge karemano ariko abakora ibintu bidasanzwe abandi bose badashobora gukora abo tubita abanyabwenge.
Usanga akenshi abantu...
Dore impamvu 6 abakobwa benshi baguma mu rukundo n’uwo batishimiye.
Birababaje kubona abakobwa benshi, bafite ejo hazaza heza, batsimbarara ku bahungu babafata nabi ndetse rimwe na rimwe bakanabakubita, ariko ukabona bagumye mu rukundo kandi ukabona banabyishimiye.
Abakobwa nkabo...
Dore zimwe mu ngaruka umuntu agira iyo aretse gutera akabariro mu gihe yari yarabyimenyereje
Ikintu cyose iyo ugihagaritse wari waramenyereye kugikora kigira ingaruka, Izi ni zimwe mu ngaruka zikomeye zaba ku muntu aramutse aretse gutera akabariro mu gihe yabimenyereye.
...
Mfite amafoto y’umugore wanjye yambaye ubusa ari mu bagabo, nkore iki?
Umukunzi wa Touchrwanda yaratwandikiye ashaka kugirwa inama kubw’ikibazo gikomeye afite aho yabonye umugore we yambaye ubusa ari mu bagabo. Iyumvire ubuhamya bwe maze umugire inama.
Ndi umugabo w’imyaka...
Bimwe mubyo umukobwa agenderaho kugira ngo aguhe urukundo
Abasore benshi usanga baba bifuza kumenya icyo abakobwa bagenderaho kugira ngo babemerere urukundo, bityo kugira ngo bagenzure niba bujuje ibisabwa cyangwa se hari aho bagomba gukosora.
Ku ruhande...
Reba impamvu 4 utaruzi zituma ikibuno kinini cy’umukobwa kitavana umuhungu mubye
Ahanini igitsina gore kiba cyumva cyakora ibishoboka byose ngo kigire ikibuno kinini ndetse n’abandi bagafuhira cyane abafite icyo kibuno kinini,yewe na bamwe mu bagore bagifite bibwira ko...